Umunyarwanda Cassa Mbungo André utoza ikipe ya Bandari FC yo muri Kenya, yahawe igihembo cy’umutoza w’ukwezi muri Shampiyona ya Kenya
Ikipe y’igihugu ya Cameroun yahamagaye abakinnyi bashya bagomba gusimbura abari bahamagawe ariko amakipe bakinamo akanga kubarekura
Chelase na Bayern Munich zujuje umubare w’amakipe umunani yageze mu mikino ya 1/4 cy’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi.
Kapiteni w’Amavubi Haruna Niyonzima na Nirisarike Salomon bakoze imyitozo ya mbere mu ikipe y’igihugu yitegura umukino wa Mozambique n’uwa Cameroun
Amakipe ya Real Madrid yo muri Espagne na Manchester City yo mu Bwongereza ziyongereye ku yandi makipe yakatishije tike y’imikino ya 1/4.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Werurwe 2021, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi Lomami Marcel, aho rumukurikiranyeho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no guhoza ku nkeke uwo bashakanye.
Abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Muhire Kevin na Rwatubyaye Abdul ntibazatabira ubutumire bw’Amavubi nyuma yo kwanga kurekurwa n’amakipe yabo
Abakinnyi hanze y’u Rwanda batangiye kugera mu mwiherero w’Amavubi, babimburiwe na Kapiteni Haruna Niyonzima ndetse na Salomon Nirisarike
Umunyezamu Rwabugiri Umar ufatira APR FC yasimbuye Kimenyi Yves wavunikiye mu myitozo y’Amavubi
Luís Gonçalves utoza ikipe y’igihugu ya Mozambique aratangaza ko yifuza ko imikino ibiri yo gushaka itike ya CAN bazakina muri uku kwezi yasubikwa kubera abakinnyi batazaboneka.
Umunya-Afurika y’Epfo Patrice Motsepe ni we watorewe kuyobora impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika “CAF” mu matora yabaye kuri uyu wa Gatanu
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa ryamaze koherereza amakipe yo mu cyiciro cya mbere amabwiriza azagenderwaho mu gihe shampiyona izaba isubukuwe
Maracana Stadium yo muri Brézil, imwe muri Stade zikomeye ku isi, igiye kwitirirwa Pelé ufatwa nk’umwe mu bihangange mu mupira w’amaguru ku isi, akaba Umwami wa ruhago iwabo muri Brazil. Leta y’icyo gihugu, yatangaje ko bigiye gukorwa mu rwego rwo kumwubaha no kumushimira akiriho.
Amakipe ya FC Barcelone ikinamo igihangange Lionel Messi na Juventus ikinamo Cristiano Ronaldo yasezerewe mu mikino ya 1/8 cy’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’i Burayi (UEFA Champions League).
Ikipe ya FC Zürich ikina mu cyiciro cya mbere mu Busuwisi, yandikiye ikipe ya APR FC ibasaba ko bayiha Byiringiro Lague akayisura mu gihe cy’iminsi 10
Djihad Bizimana ukinira Waasland Beveren yo mu Bubligi ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, yambitse impeta umukunzi we Dalida Simbi
Ikipe ya Young Africans (Yanga) yo muri Tanzania yirukanye umutoza ukomoka mu Burundi Kaze Cedrick n’abungiriza be bose nyuma yo kugira umusaruro mubi mu mikino yo kwishyura muri Shampiyona ya Tanzania.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye imyitozo kuri uyu wa Mbere kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu gutegura umukino wa Cameroun n’uwa Mozambique
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwamenyesheje abakunzi bayo ko bazasinya amasezerano mashya n’uruganda rwa Skol kuri uyu wa Kane
Umunsi wa 27 wa Shampiyona mu Bwongereza wasize Manchester United itsinze umuturanyi wayo Manchester City ibitego bibiri ku busa (2-0), inahagarika umuvuduko wayo wo kuzuza umukino wa 23 itaratsindwa, naho kipe ya Liverpool yongeye gutsikira aho yatsinzwe na Fulham igitego kimwe ku busa (1-0).
Ku wa Gatanu tariki ya 05 Werurwe 2021 nibwo Perezida w’ikipe ya Musanze FC, Tuyishime Placide, Umuvugizi w’ikipe Uwihoreye Ibrahim n’ukuriye abafana bakingiwe Covid-19.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Mashami Vincent, yatangaje urutonde rw’abakinnyi 31 batangira umwiherero utegura imikino ibiri bafite mu mpera z’uku kwezi.
Nyuma y’ihagarikwa ry’umutoza mukuru wa Uganda Cranes, Jonathan MacKinstry, abatoza bungirije ari bo Abdallah Mubiru na Livingstone Mbabazi bahamagaye abakinnyi 31 bazatoranyamo 25 bazakina na Burkina Faso tariki ya 24 Werurwe 2021 i Kampala muri Uganda, ndetse na Malawi tariki ya 30 Werurwe 2021 mu mujyi wa Lilongwe.
Ikipe ya Liverpool igeze ku mwanya wa karindwi nyuma yo gutsindwa na Chelsea igitego kimwe ku busa. Ni umukino wabaye ku wa kane tariki ya 04 Werurwe 2021 kuri sitade ya Liverpool izwi nka Anfield.
Umunyarwanda Cassa Mbungo André utoza Bandari yo muri Kenya, yongeye guhabwa igihembo cy’umutoza w’icyumweru ku nshuro ya gatatu yikurikiranya
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko Mashami Vincent yongerewe amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza w’Amavubi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda ryahagaritse umutoza w’ikipe y’igihugu Johnathan Mckinstry mu gihe kingana n’ukwezi
Umunya-Portugal utoza ikipe y’igihugu ya Cameroon, Antonio Conceicao Oliveira, yahamagaye abakinnyi 37 azatoranyamo 23 bazakina na Cap-Vert tariki ya 22 Werurwe 2021 ndetse bakazakina n’u Rwanda tariki ya 30 Werurwe 2021.
Ikipe ya Manchester City yongereye ikinyuranyo cy’amanota 12 hagati yayo n’umuturanyi Manchester United. Manchester United yanganyije na Chelsea ubusa ku busa mu mukino wakinwe ku Cyumweru tariki ya 28 Gashyantare 2021 mu gihe Manchester City yatsinze West Ham United ibitego bibiri kuri kimwe mu mukino wabaye ku wa Gatandatu (…)
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 28 Gashyantare 2021 nibwo Kimenyi Yves yasabye Miss Muyango ko babana nk’umugabo n’umugore, arabimwemerera nyuma y’igihe bari bamaze bakundana.