• Cristiano Ronaldo yari yazanye n

    Cristiano Ronaldo yatwaye umupira wa zahabu atsinze Messi na Ribery

    Rutahizamu wa Real Madrid na Portugal, Cristiano Ronaldo, nine wegukanye umupira wa zahabu uhabwa umukinnyi wahize abandi muri 2013, mu birori byabereye ku cyicaro cy’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) i Zurich mu Busuwisi ku wa mbere tariki ya 13/1/2014.



  • Aha Gomes yari ateruwe n

    Didier Gomes Da Rosa yahagaritse burundu gutoza Rayon Sport

    Umufaransa Didier Gomes Da Rosa watozaga ikipe ya Rayon Sport kuri uyu wa mbere tariki ya 13/1/2014 yatangaje ku mugaragaro ko ahagaritse burundu gutoza iyo kipe nyuma y’amaze 14 yari ayimazemo.



  • Rayon Sport irasinyisha amasezerano Mukubya James kuri uyu wa gatanu

    Mu rwego rwo kwiyubaka yitegura imikino ya shampiyona yo kwishyura ndetse n’amarushanwa mpuzamahanga, ikipe ya Rayon Sport yatangiye kugura abakinnyi, ikaba igomba gusinyisha umunya-Uganda Mukubya James ugera mu Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya 10/1/2014.



  • Yaya Touré, umukinnyi w’umwaka muri Afurika

    Yaya Toure ukinira ikipe ya Manchester City mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza ndetse n’ikipe y’igihugu cye cya Cote d’Ivoire yatoranijwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) , nk’umukinnyi w’umwaka wa 2013 muri Afurika.



  • Espagne: Real Madrid yatsinze Osasuna

    Igikombe cy’umwami cyo muri Espagne (Copa Del Rey), kuri uyu wa 9 Mutarama 2014, cyarakomeje mu mikino ya 1/8 cy’irangiza. Ikipe ya FC Real Madrid ikaba yaraye itsinze Osasuna ibitego 2-0.



  • Iyi Stade itarasanwa ni uku yari imeze.

    Rwinkwavu: Sitade ikipe ya Standard FC yakiniragaho yatangiye gusanwa

    Sitade ya Rwinkwavu, imwe mu za mbere zabayeho mu Rwanda yakinirwagaho n’ikipe yitwaga Standard FC yatangiye gusanwa nyuma y’igihe kini yarabaye itongo.



  • Manchester City ibifashijwemo na Edin Dzeko, Alvaro Negredo na Yaya Toure yihanije Westham ku bitego 6-0.

    Manchester City yatsinze West Ham naho muri Barcelona Messi yagarutse mu kibuga atsinda

    Mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza ya Capital One Cup mu Bwongereza, wabaye tariki 08/01/2014, ikipe ya Manchester City yanyagiye ikipe ya West Ham United ibitego 6-0 kuri stade Etihad ya Manchester City.



  • Aho abareba umupira bazajya bicara ntihararangira neza.

    Muri Gicurasi, sitade Huye izaba ishobora gukinirwamo

    Imirimo yo kubaka Sitade Huye igeze kure. Abahagarariye sosiyete yitwa EEG, ari na yo iri kubaka iyi sitade, bavuga ko nta kibuza, ukwezi kwa Mata kuzashira irangiye neza, ishobora no gukinirwamo.



  • Igitego cya Manchester United cyatsinzwe na Chicharito ntabwo cyari gihagije.

    Manchester United yasezerewe na Swansea muri FA Cup

    Ibihe bibi bya Manchester United irimo muri iki gihe byakomeje ubwo yasezererwaga mu cyiciro cya gatatu cy’igikombe cya FA itsinzwe na Swansea City ibitego 2-1 mu mukino wabereye ku kibuga cya Manchester United Old Trafford ku cyumweru tariki ya 5/1/2014.



  • Abatorerewe kuyobora FERWAFA mu myaka ine iri imbere.

    Nzamwita Vincent De Gaule yatorewe kuyobora FERWAFA imyaka ine

    Nzamwita De Gaule ukomoka mu ikipe Intare FC, niwe watorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu gihe cy’imyaka ine, mu matora yabereye ku cyicaro cy’iryo shyirahamwe ku cyumweru tariki ya 5/1/2014.



  • APR FC yafashe umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Kiyovu 2-1

    Imikino ya shampiyona ibanza (Phase aller), yarangiye APR FC yicaye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Kiyovu Sport ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa 10, wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4/1/2014.



  • Abou Diaby yahawe igihembo cy’umukinnyi waranzwe n’imvune

    Nkuko bisanzwe, buri mwaka urubuga befoot.fr rutanga icyo wakwita igihembo cy’umukinnyi waranzwe n’imvune kurusha abandi ku mugabane w’Iburayi bita “Ballon de Plâtre”. Icy’uyu mwaka kikaba cyaregukanywe n’umukinnyi wo hagati wa Arsenal, Abou Diaby.



  • APR FC irashaka gutsinda Kiyovu ngo ifate umwanya wa mbere

    Mu mukino w’ikirarane uhuza APR FC na Kiyovu Sport kuri uyu wa gatandatu tariki 4/1/2014, APR FC irashaka kuwutsinda kugirango ihite ifata umwanya wa mbere, mu gihe Kiyovu Sport nayo iramutse iwutsinze yazamuka ikagera ku mwanya wa kane.



  • Igitera imbaraga Christiano Ronaldo cyamenyekanye

    Umukinnyi Christiano Ronaldo yatangaje ibanga rituma ahorana imbaraga zidasanzwe ku bibuga, abantu basanga ari ibintu bisanzwe buri wese yageraho.



  • Abakinnyi ba Tottenham Christian Eriksen na Aaron Lennon bishimiye cyane igitego cya kabiri cyabahesheje insinzi kuri Old Trafford.

    Manchester United ikomeje gutsindwa

    Ubusanzwe iyo umuntu yavugaga ikipe ya Manchester United, benshi bahitaga bumva imwe mu makipe akomeye cyane muri shampiyona y’Ubwongereza nyamara muri shampiyona y’uyu mwaka, benshi bemeza ko isigaye ku izina gusa.



  • Umukino wa Rayon Sport na Mauritania waranzwe n

    Mauritania yatsinze Rayon Sport 2-1 mu mukino wa gicuti

    Umukino wa gicuti wahuje Rayon Sport n’ikipe y’igihugu ya Mauritania kuri Stade Amahoro kuri uyu wa kabiri tariki 31/12/2013, warangiye Mauritania itsinze Rayon Sport ibitego 2-1.



  • Ikipe y

    Rayon Sport iripima na Mauritania mu mukino wa gicuti kuri uyu wa kabiri

    Mu rwego rwo gutegura irushanwa rya CHAN izabera muri Afurika y’Epfo muri Mutarama 2014, ikipe y’igihugu ya Mauritania kuva ku cyumweru iri mu Rwanda, ikaba ikina na Rayon Sport umukino wa gicuti kuri uyu wa kabiri tariki ya 31/12/2013 kuri Stade Amahoro i Remera.



  • Nyuma y’imyaka 9 Arsenal irangije umwaka ku mwanya wa mbere muri Premier League

    Nyuma y’inzinzi y’igitego 1-0 ikipe ya Arsenal yakuye ku kibuga cya New Castle United, kuwa 29 Ukuboza uyu mwaka, iyo kipe n’umutoza wayo Asene Wenger bongeye kwisubiza ishema ryo gusoza umwaka bayoboye shampiyona y’ubwongereza.



  • Rayon Sport isoje umwaka iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Musanze 2-1

    Ikipe ya Rayon Sport irangije umwaka wa 2013 iri ku mwanya wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda, ikaba yabishimangiye ku cyumweru tariki ya 29/12/2013 ubwo yatsindaga Musanze FC ibitego 2-1 kuri Stade Ubworoherane i Musanze.



  • Abana barishimye mu munsi mukuru bateguriwe n

    Muhanga: Les Onze du Dimanche yifurije abana noheri nziza

    Kubera ko ngo hari ababyeyi badohotse ku gufasha abana kwishima no gukura basobanukirwa n’iminsi mikuru inyuranye, abanyamuryango b’ikipe y’abakuze ya Les Onze du Dimanche yo mu karere ka Muhanga bateguye umunsi mukuru wo kwizihiza no kwifuriza abana noheri nziza, dore ko ivuka rya yezu ngo ari umunsi ukomeye w’abana.



  • Rayon Sport yafashe umwanya wa mbere nyuma yo kunyagira Esperance 5-0

    Bwa mbere muri shampiyona y’uyu mwaka, Rayon Sport yicaye ku mwanya wa mbere by’agateganyo nyuma yo kunyangira Esperance ibitego 5-0 mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona wabereye kuri Stade Amahoro i Remera ku wa kane tariki ya 26/12/2013.



  • Abakunzi ba ruhago bareba umupira mu cyumba cya premier betting mu karere ka Gakenke.

    Gakenke: Abakunzi ba ruhago begerejwe “Premier betting”

    Hashize iminsi mike, sosiyete ya Premier betting ifunguye imiryango yayo mu Mujyi wa Gakenke, abakunzi b’umupira w’amaguru batangaza ko babyakiriye neza kuko babonye aho bazagerageza amahirwe yabo, bikagira icyo bihindura mu buzima bwabo.



  • Arsenal ku mwanya wa kabiri nyuma yo kunganya na Chelsea

    Mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Ukuboza 2013, ikipe ya Arsenal yakiriye ikipe ya Chelsea ku kibuga cyayo Emirates stadium mu mujyi wa London binganya ubusa ku busa.



  • Rurageretse hagati y’ikipe ya Espoir FC n’abakekwaho kuyiroga

    Hashize iminsi itari mike ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi ivugwamo ikibazo cy’amarozi iki kibazo ngo cyatangiye umwaka ushize ubwo bamwe mu bayobozi bo muri iyi kipe bahagarikagwa bitewe nuko iyi kipe itari ikigaragaza umusaruro mwiza.



  • Rayon Sport yafashe umwanya wa kabiri nyuma yo gutsinda AS Kigali

    Ibitego 2-1 Rayon Sport yatsinze AS Kigali mu mukino w’umunsi wa 11 wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo ku cyumweru tariki 22/11/2013, byatumye ifata umwanya wa kabiri nyuma ya APR FC iri ku mwanya wa mbere.



  • Franck Ribery yahawe igihembo cy

    Bayern Munich yatwaye igikombe cy’isi cy’amakipe (Clubs) itsinze Raja Casablanca

    Bayern Munich yegukanye igikombe cya gatanu muri uyu mwaka nyuma yo gutwara igikombe cy’isi cy’amakipe (clubs) itsinze Raja Casablanca yo muri Maroc ibitego 2-0 mu mukino wa nyuma wabereye i Marrakech muri Maroc ku wa gatandatu tariki 21/12/2013.



  • APR FC ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Amagaju

    APR FC yafashe umwanya wa mbere by’agateganyo muri shampiyona nyuma yo gutsinda Amagaju ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 11 wabereye i Nyamagabe, naho Mukura Victory Sport Sport itakaza umukino wa gatandatu yikurikiranya ubwo yatsindwaga na Kiyovu Sport igitego 1-0.



  • Suarez yahawe igihembo cy

    Suarez yongereye amasezerano muri Liverpool akazajya ahembwa ibihumbi £170 mu cyumweru

    Rutahizamu wa Liverpool Luiz Suarez, yamaze kongera amasezerano muri iyo kipe azamugeza mu mwaka wa 2018, akazajya ahembwa ibihumbi 170 by’ama pounds azatuma aba umukinnyi wa mbere uhembwe amafaranga menshi mu mateka y’iyo kipa kuva yashingwa mu myaka 121 ishize.



  • Mukura ihagaze nabi muri iyi minsi irakina na Kiyovu Sport kuri uyu wa Gatandatu.

    Mukura yahagaritse abakinnyi babiri amezi abiri kubera ubusinzi

    Ubuyobozi bw’ikipe ya Mukura bwafashe icyemezo cyo guhagarika abakinnyi babiri Ntakirutimana Jarudi na Nkurikiye Jackson, bakaba bagomba kumara amezi abiri badakina, nyuma yo gufatirwa mu kabari mu masaha akuze cyane basinze, kandi bari bafite umukino.



  • Ku munsi wa 11 Kiyovu irakina na Mukura, AS Kigali izakire Rayon Sport ku cyumweru

    Ku munsi wa 11 wa shampiyoan y’umupira w’amaguru mu Rwanda hateganyijwe imikino ibiri ikomeye cyane, aho kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21/12/2013 , Kiyovu Sport yakira Mukura kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, naho AS Kigali ikazahakinira na Rayon Sport ku cyumweru tariki 22/12/2013.



Izindi nkuru: