Guhera kuri uyu wa kane tariki ya 05 Ukuboza kugera tariki ya 14 Ukuboza 2019, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball rifatanyije na Banki ya Kigali (BK) bateguye irushanwa ryiswe BK Preseason 2019.
Mu gihe umwaka w’Imikino wa 2019/2020 watangiye, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) rifatanyije na Minisiteri ya Siporo mu Rwanda ryamaze kwemeza abatoza b’amakipe y’Igihugu mu byiciro bitandukanye haba mu bagabo no mu bagore.
‘Agaciro Basketball Tournament’ ni irushanwa ritegerejwe muri iyi week end, aho ryitezweho kongera guhanganisha ibihangange mu mukino wa Basketball mu bagabo no mu bagore.
Kuva tariki ya 21 kugera tariki ya 29 Ugushyingo 2019 mu Rwanda hazatangira irushanwa Agaciro Basketball Tournament ryateguwe n’Ikigega Agaciro Development Funds, n’ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 09 Ugushyingo 2019, i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, habereye inama y’inteko rusange ya Espoir BBC yasize itoye ubuyobozi bushya .
Kuri uyu wa Gatanu triki ya 08 Uguehyingo i kipe ya Patriots BBC yatsinze APR BBC amanota 87 kuri 65 igera ku mukino wa nyuma wa Legacy Tournament.
Kuri uyu wa Kane ku munsi wa kabiri wa’irushanwa “Legacy Tournament” ryateguwe mu rwego rwo kwibuka abagabo babairi bagize uruhare mu guteza imbere umukino wa Basketball mu Rwanda Shampiyona Aimable na Nizeyimana Jean De Dieu , ikipe ya REG yatsinze Espoir BBC amanota 81 kuri 69.
Kuri uyu wa gatatu tariki 06 Ugushyingo 2019 muri Petit Stade na Gymnase ya NPC haratangira irushanwa ryiswe Legacy ritegurwa na United Generation Basketball (UGB) n’Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA).
Nyuma y’imyaka itatu atabarizwa mu ikipe ya Espoir BBC, umutoza John Bahufite yagarutse muri iyi kipe nk’umutoza mukuru asinyamo amasezerano y’umwaka umwe.
Nyuma yo gutandukana n’Umutoza Henry Muinuka werekeje muri RRG BBC yamaze kubona umusimbura we, ndetse n’umutoza wungirije
Kuva tariki ya 17 kugeza 22 Ukuboza mu Rwanda hazabera icyiciro cya kabari cy’amajonjora ya Basketball Africa League, aho u Rwanda ruzaba ruhagarariwe na Patriots BBC.
Kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ugushyingo 2019, mu karere ka Rubavu habereye irushanwa rya basketball ry’abakina ari batatu (trios contre trois), ryateguwe na Banki ya Kigali, ikipe ya Elite Lakers yegukana igikombe mu bagabo, naho ikipe ya ES Kamonyi yegukana igikombe mu bagore.
Kuri uyu wa gatanu muri Kigali Arena habereye umukino wa All-star game wasozaga umwaka w’imikino muri basketball mu Rwanda.
Muri Kigali Arena yuzuye abafana, Team Guibert yatsinze amanota 89 kuri 83 ya Team Arstide.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Ugushyingo, muri Kigali Arena harabera umukino w’abakinnyi bahize abandi mu mukino wa Basketball mu Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2018/2019 (BK Basketball National Legue 2018-2019).
Kuva tariki ya 26 Ugushyingo kugera tariki ya 1 Ukuboza u Rwanda ruzakira icyiciro cya 2 cyo gushaka tike ya Basketball Africa League kizabera mu Rwanda
Uwari umutoza wa Patriots BBC Henry Muinuka yamaze gutandukana n’iyi kipe nyuma yo kuyihesha igikombe cya shampiyona ndetse no kuyifasha kwitwara neza mu majonjora ya Basketball Africa League
Umukino uhuza abakinnyi bitwaye neza mu mwaka w’imikino muri Basketball muri Amerika uzwi nka All-Star Game, ugiye kongera kubera mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu.
U Rwanda rwasabye kwakira icyiciro cya Kabiri cy’amajonjora ya Basketball Africa League kizatangira tariki ya 26 Ugushyingo kugera 01 Ukuboza 2019.
Kuri iki cyumweru tariki 20 Ukwakira 2019 muri Tanzania hakinwaga imikino ya nyuma mu itsinda rya 4 mu rwego rwo gushaka itike ya Basketball Africa League.
Ku wa gatandatu tariki 19 Ukwakira 2019, muri Tanzania ikipe ya Patriots BBC yatsinze Ikipe ya JKT BBC amanota 79 kuri 65 ibona itike yo gukina icyiciro gikurikiraho mu gushaka itike ya Basketball Africa League.
Patriots BBC yaraye inyagiye ikipe ya Hawassa city mu mukino wayo wa kabiri wo gushaka itike ya Basketball African League, amanota 125 kuri 50.
Ikipe ya Patriots BBC yatsinze umukino wayo wa mbere mu gushaka itike ya Basketball African League izakinirwa mu Rwanda mu mwaka utaha wa 2020.
Kuri uyu wa Gatatu mu gihugu cya Tanzania haratangira imikino y’amakipe yabaye aya mbere Iwayo mu mukino wa Basketball, aho u Rwanda ruhagarariwe na Patriots
Kuri uyu wa Gatandatu muri IPRC Kigali hatashywe Ku mugaragaro ikibuga cya Basketball cy’abato, ikibuga cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Junior na OCP, umushinga wo muri Maroc wita ku buhinzi n’ubworozi.
Umunyarwanda Kenneth Gasana yitabajwe na Patriots BBC mu mikino y’amajonjora ya Basketball African League azabera muri Tanzania kuva tariki ya 15-20 Ukwakira 2019.
Umukino w’ishiraniro wabereye muri Kigali Arena mu ijoro ryo ku wa gatandatu tariki 21 Nzeri 2019 warangiye ikipe ya Patriots BBC itsinze REG BBC amanota 65-59.
Ku wa gatanu tariki 20 Nzeri 2019 muri Kigali Arena habereye imikino ya Basketball. Ikipe y’abagore ya APR yegukanye igikombe cya Shampiyona iterwa inkunga na Banki ya Kigali (BK National Basketball League).
Ubwo yafunguraga ku mugaragaro inzu y’imikino iri ku rwego mpuzamahanga ‘Kigali Arena’ Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasabye urubyiruko gukoresha neza iyi nyubako idafitwe na bose, maze bakazavamo ibihangange mu mukino wa Basketball.
Abategura irushanwa rya Basketball Africa League riterwa inkunga n’Ishyirahamwe rya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batoranyije Kigali nk’umujyi uzakira imikino ya nyuma y’iri rushanwa rizaba ku nshuro ya mbere muri 2020.