Bamwe mu bakinnyi bagize ikipe y’u Rwanda yari iri muri Shampiona y’Afurika yaberaga muri Maroc bageze mu Rwanda nyuma yo guhesha ishema u Rwanda
Umunyarwanda Valens Ndayisenga yabaye uwa mbere mu batarengeje imyaka 23 muri Shampiona y’Afurika yo gusiganwa ku magare ahabwa umudari wa Zahabu
Muri Shampiona nyafurika iri kubera muri Maroc,Girubuntu Jeanne D’Arc yegukanye umwanya wa kabiri ahabwa umudari wa Silver.
Abakinnyi 11 bahagarariye u Rwanda mu mukino w’amagare berekeje muri Maroc muri Shampiona nyafurika izatangira tariki ya 21-26/02/2016.
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryatangaje abakinnyi batandatu bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rizatangira ku wa 4-28/03/2016 muri Algeria.
Nsengiyumva Bernard, umusaza watwaye tours du Rwanda 2001 arasaba abagikina umukino w’amagare kongera ishyaka bagahigika abanyamahanga.
Mu guteza imikino imbere hateguwe isiganwa ry’amagare “Tours” de Kirehe kuwa 08/01/2016 ubuyobozi bwasanze mu karere hari impano yo gusiganwa ku magare.
Nyuma yo kuba uwa gatandatu mu marushanwa ari kubera Maroc,Hadi Janvier yagwije amanota azafasha u Rwanda kwerekeza mu mikino Olempike izabera Brazil
Nyuma yo kwitwara neza akegukana Tour du Rwanda 2015,Nsengimana Jean Bosco na Hadi Janvier bamaze gusinya umwaka muri Bike Aid yo mu Budage
Uwizeye Jean Claude ukinira Les Amis Sportigs y’i Rwamagana niwe wegukanye isiganwa ryavaga Kigali ryerekeza i Nyanza kuri uyu wa gatandatu
Nyuma y’ubwitabire budasanzwe bwaranze Tour du Rwanda 2015,Kigali today yegeranije amwe mu mafoto agaragaza ubwitabire kuva ku munsi wa mbere kugeza ku wa nyuma
Abakinnyi 20 bazatorwamo umukinnyi witwaye neza mu mukino w’amagare mu mwaka wa 2015 bamaze gutangazwa,barimo Abanyarwanda 3
Umunyarwanda Nsengimana Bosco asize abo bari bahanganye muri Tour du Rwanda, yegukana agace ka 6 ari nako kabanziriza aka nyuma.
Umunya Eritrea Teshome Meron niwe wegukanye agace ka Muhanga-Rubavu, ariko Nsengimana Bosco wahageze nyuma ye amasegonda abiri akomeza kuyobora.
Ku munsi wa 5 w’irushanwa rya Tour du Rwanda,Debesay Mekseb ukinira Bike Aid abaye uwa mbere akoresheje ibihe bimwe na Nsengimana Bosco uyoboye urutonde
Abakunzi b’imikino cyane isiganwa ry’amagare bo mu karere ka Ngororero, baravuga ko bategereje kongera kureba umukino rukumbi babasha kwirebera imbonankubone.
Mu gihe Etape ya 4 abasiganwa ku magare bazananyura mu muhanda Mukamira –Ngororero,barasabwa kuzitondera ibice byangiritse by’uyu muhanda.
Umunyarwanda Nsengimana Bosco yegukanye umwanya wa mbere kuva i Kigali kugera Musanze,ahita akomeza kuyobora urutonde rusange rwa Tour du Rwanda 2015.
Ubwinshi bw’abantu bari baje kureba Tour du Rwanda mu Karere ka Huye, bwatumye hari serivisi zihagarara abandi bataha ntacyo babonye.
Umunyarwanda yegukanye agace ka kabiri ka Kigali - Huye, mu marushanwa ya Tour du Rwanda ari kubera mu Rwanda.
Ku munsi wa kabiri wa Tour du Rwanda,umunya Eritrea Debesay Mekseb ukinira Bike Aid yo mu Budage niwe wegukanye umwanya wa mbere
Ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda Nsengimana Bosco wa Team Kalisimbi ashyizeho agahigo ko gukoresha igihe gito mu mateka ya Tour du Rwanda mpuzamahanga
Abakinnyi bose bazasiganwa muri Tour du Rwanda 2015 bamaze guhabwa nomero bazaba bakoresha
Kuri iki cyumweru haratangira Tour du Rwanda mu Rwanda,isiganwa rigiye gukinwa ku nshuro ya 7 kuva ribaye mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
Kuri uyu wa gatanu abakinnyi 15 bari mu makipe atatu azahagarira u Rwanda muri Tour du Rwanda nibwo basesekaye i Kigali bavuye mu mwiherero i Musanze
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagre mu Rwanda ryongereye amasezerano ryari rifitanye na Skol,aho yongereweho imyaka itatu kuri uyu wa kane
Abakinnyi 15 bagize amakipe atatu azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya Tour du Rwanda azatangira taliki ya 15/11 kugeza 22/11/2015 yatangajwe
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare mu Rwanda bashyikirijwe amagare 23 bagenewe na Perezida wa Republika y’u Rwanda
Kuri uyu wa kane tariki ya 5 Ugushyingo 2015 mu kigo cya Africa Rising cycling Center I Musanze haramurikwa amagare yatanzwe na Nyakubahwa Perezida wa Republika y’u Rwanda
Mu murenge wa Byimana w’akarere ka Ruhango hari kubera umuhango wo gusezera ku mukinnyi w’umukino w’amagare Iryamukuru Kabera Yves witabye Imana kuri iki cyumweru