Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe ya Toronto Raptors yakoze amateka yegukana igikombe cya NBA, gihatanirwa n’amakipe yo mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Ibihangange mu mukino wo gusiganwa ku maguru, Usain Bolt, Mo Farah na Tirunesh Dibaba Kenene byari byatumiwe muri Kigali International Peace Marathon ntibikije muri iri siganwa rizabera mu mujyi wa Kigali kuri iki cyumweru.
Myugariro Usengimana Faustin umaze iminsi akina mu ikipe ya Buildcon yo muri Zambia, ari mu biganiro n’ikipe ya Nkana Fc ashobora guhita yerekezamo mu minsi mike iri imbere
Mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’Amahoro yabaye kuri uyu wa Kane, APR yatsinzwe na AS Kigali, naho Rayon Sports itsindira Marines i Rubavu
Mu mikino ya 1/8 ibanza mu gikombe cy’Amahoro, ikipe ya Mukura yatsindiwe iwayo, naho Intare zitsindira Bugesera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Rayon Sports yitegura gukina na Marines FC mu mikino y’igikombe cy’Amahoro kuri uyu wa gatatu yasubitse imyitozo yagombaga gukora mu gitondo, nyuma yo kubura kw’amavuta y’imodoka yagombaga kujyana abakinnyi mu myitozo.
Kuri uyu wa Gatatu Igikombe cy’Amahoro mu mikino ya 1/8 ibanza, aho APR izahura na AS Kigali, naho ikipe ya Rayon Sports ikazakina na Marines kuri Stade Umuganda i Rubavu.
Kuri uyu wa mbere mu Rwanda haraye hatangiye irushanwa rihuza amakipe y’abatarengeje imyaka 16, ihuza ibihugu by’akarere ka gatanu mu mukino wa Basketball
Nyuma yo guhagarika umutoza Nduhirabandi Abdulkarim Coka, ikipe ya Etincelles yamaze kumusimbuza Seninga Innocent wigeze no kuyitoza.
Imikino ihuza imirenge yose yo mu gihugu yari imaze amezi iba mu gihugu cyose, isojwe umurenge wa Gihango wo mu karere ka Rutsiro ari wo wegukanye igikombe mu mupira w’amaguru
Kuri uyu wa Gatandatu ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Sitasiyo ya Lisansi na Mazutu yitwa Mogas, aho bigiye kwinjiriza amafaranga Rayon Sports
Muri Tombola ya 1/8 mu gikombe cy’Amahoro, APR yatomboye AS Kigali, mu gihe Rayon Sports yatomboye Marines FC.
Ikipe ya Simba yo muri Tanzania yamaze gutangaza ko itazitabira amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup azabera mu Rwanda kuva mu kwezi gutaha
Umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo wamamaye ku izina rya ‘Robertinho’ aherutse kugaragara mu mwambaro w’ikipe ya Flamengo bishyira mu rujijo ahazaza he n’ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kuva mu Rwanda agiye iwabo muri Brazil mu biruhuko.
Myugariro Iragire Saidi wari umaze imyaka ibiri akinira Mukura, amaze gusinyira Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri.
Umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) Ahmad Ahmad, yatawe muri yombi i Paris mu Bufaransa ashinzjwa ibyaha bifitanye isano na ruswa
Mu mikino yo guhatanira itike y’imikino nyafurika muri Volleyball izwi nka All African Games, u Rwanda rutsinze Kenya amaseti atatu ku busa
Akagari ka Kabuga kahuriye mu mukino w’umupira w’amaguru n’aka Ndego, twombi two mu Murenge wa Karama mu Karere ka Nyagatare. Ni umukino wahuje abakuze bo muri utwo tugari ku cyumweru tariki 02 Kamena 2019.
Mu irushanwa ryo gusiganwa ku magare ryahuzaga ibihugu bitandatu bikoresha ururimi rw’igifaransa, abanyarwanda ni bo bihariye ibihembo byose
I Kibagabaga mu mujyi wa Kigali habereye isiganwa ry’utumodoka duto rizwi nka Go-Kart Race, ryitabirwa n’abakuru ndetse n’abana
Rayon Sports imaze guhabwa igikombe cya Shampiyona y’umwaka w’imikino 2018/2019, nyuma yo gutsinda Marines ibitego 3-0
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 01/06/2019, haratangira irushanwa ry’amakipe y’abakiri batarengeje imyaka 15 na 17, rikazitabirwa n’amakipe 73 yo mu gihugu cyose.
Rutahizamu w’umunyarwanda Meddie Kagere yaraye atowe nk’umukinnyi mwiza wa Simba muri uyu mwaka w’imikino wa 2018/2019.
Umukino wa nyuma wa Shampiyona uzahuza Rayon Sports na Marines wagombaga kubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, wimuriwe kuri Stade Amahoro i Remera
Guhera kuri iki Cyumweru mu Rwanda haratangira irushanwa ryo kwibuka Abasportifs bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu mukino wa Handball rikazatangirira hanze ya Kigali
Rutahizamu ukomoka i Burundi Issa Bigirimana wakiniraga APR FC, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans agomba gukinira imyaka ibiri
Sibomana Patrick wari umaze amezi make asinyiye ikipe ya Mukura VS, yamaze kumvikana n’ikipe ya Yanga Africans aho agomba kuzayikinira imyaka ibiri
Mu karere ka Kicukiro hakomeje kubera imikino igamije gukangurira urubyiruko gukunda igihugu, imikino izaba igeze muri 1/4 mu mpera z’iki Cyumweru.
Kuri iki cyumweru tariki ya 2/06/2019 mu mujyi wa Kigali harabera amasiganwa mpuzamahanga ku magare azitabirwa n’amakipe y’abakiri bato.
Ikipe ya APR FC na Rayon Sports zahanwe kubera ubushyamirane hagati y’abafana babo ku mukino wabahuje