Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Abantu 11 bafashwe batwaye imodoka basinze
10/06/2021 - 15:25
Umunya-Uganda akurikiranyweho ubwambuzi no gukoresha inyandiko mpimbano
10/06/2021 - 15:00
Abaturage bagira uruhe ruhare mu mihigo y’Akarere?
10/06/2021 - 14:42
Abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza ya COVID-19 bari muri "massage"
8/06/2021 - 09:32
Video: Bakurikiranyweho gucuruza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo
4/06/2021 - 12:17
#EdTechMonday : Ikoranabuhanga rifite uruhare mu guhindura uburezi bujyanye n’igihe
4/06/2021 - 11:32
Ndabashimira ku byo mwakoze muri BAL – Kagame yakira ikipe ya Patriots
4/06/2021 - 07:15
Byinshi wamenya kuri Pasiporo nshya z’ikoranabuhanga
2/06/2021 - 19:12
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo