Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Uwashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, byamuhenda cyane - Perezida Kagame
28/04/2021 - 13:46
#EdTechMonday: Ese Ikoranabuhanga mu burezi ryafasha kugeza uburezi kuri benshi?
27/04/2021 - 11:10
Bishimiye kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda
27/04/2021 - 10:48
Irebere akarasisi k’Abofisiye 721 bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant
27/04/2021 - 10:42
CP Kabera: COVID-19 ntitinya ahabereye amasabukuru y’amavuko
27/04/2021 - 00:30
Bikingiranye mu rugo bakora ibirori bitemewe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
27/04/2021 - 00:21
Jay Polly n’abantu 11 bafatanywe urumogi banarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
26/04/2021 - 19:23
Ntituzemera ko badutobera amateka - Umuyobozi wa AERG
26/04/2021 - 19:04
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo