Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Gen Kabarebe yaganirije urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Diaspora
10/07/2021 - 11:26
Sobanukirwa byinshi kuri gahunda yo guteza imbere ireme ry’uburezi mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET)
7/07/2021 - 10:53
Umushoferi yafashwe ajyanye abagenzi i Musanze abakuye i Kigali
7/07/2021 - 10:09
Video: Urubyiruko rwafashwe rwizihiza isabukuru muri COVID-19
5/07/2021 - 14:47
Uyu munsi u Rwanda ntabwo ari Igihugu ku ikarita gusa - Perezida Kagame
5/07/2021 - 09:56
Abanyeshuri bongeye gutaha kubera Covid-19, abitegura ibizamini bya Leta barakeburwa
3/07/2021 - 18:52
Menya uko isanduku yo gushyinguramo imibiri y’abazize Jenoside igomba kuba iteye
3/07/2021 - 16:05
Gera mu Rugo 18h00: Uko byari byifashe mu Mujyi wa Kigali
2/07/2021 - 13:11
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo