Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Winners in painting values of Commonwealth Competition rewarded
16/06/2022 - 14:31
First Lady presides over Green Hills Academy Graduation, Class 2022
12/06/2022 - 22:05
Kagame stresses the need to invest in universal, affordable broadband
5/06/2022 - 21:31
Impanuka ku kibuga cy’indege: Uko ubutabazi bukorwa (Umwitozo)
2/06/2022 - 22:35
Kigali: Imurikabikorwa ritegura CHOGM
1/06/2022 - 13:22
Dufite uburenganzira bwo kwirwanaho mu gihe ubushotoranyi bwakomeza - Minisitiri Biruta
1/06/2022 - 12:02
Ni ubwa kabiri afunzwe: Imibereho ya Hakuzimana Abdul Rashid muri Gereza
29/05/2022 - 14:50
Byari bishyushye muri Kigali ku mukino wa Liverpool na Real Madrid
29/05/2022 - 13:30
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo