Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Reba uko byari byifashe mu irushanwa rya Taekwondo ryabereye mu Rwanda
17/07/2022 - 19:44
Reba ubwiza bwa Pariki ya Nyandungu yafunguriwe abashaka kuhatembera
8/07/2022 - 20:59
Abaturage bari baturiye ruhurura ya Mpazi bimuriwe mu magorofa
8/07/2022 - 19:54
Yatsindiye Frw500,000 muri Jackpot ya Inzozi Lotto ivuguruye
7/07/2022 - 20:17
#Kwibohora28: Uruhare rw’ubuhanzi mu rugamba rwo kubohora Igihugu
7/07/2022 - 18:31
Stella Matutina: Bujuje inyubako yatwaye amafaranga abarirwa muri Miliyoni 700
7/07/2022 - 18:20
Maj.Gen Turagara: Nyakubahwa Paul Kagame ni impano Imana yahaye urubyiruko
7/07/2022 - 18:12
Exclusive Interview with Dr Donald Kaberuka on the sidelines of #CHOGM2022
29/06/2022 - 22:03
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo