Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kagame on Arsenal’s impressive Premier League run
2/03/2023 - 20:28
Ijambo rya Perezida Kagame risoza #Umushyikirano2023
2/03/2023 - 19:20
Ikiganiro cya Dr Sabin mu Mushyikirano cyatumye benshi bitekerezaho
2/03/2023 - 19:05
Imihigo 2021/22: Nyagatare ku mwanya wa mbere, Burera ku mwanya wa nyuma
2/03/2023 - 18:27
Abaturarwanda kuri ubu barenze miliyoni 13 (Ibyavuye mu ibarura rusange)
2/03/2023 - 17:44
Minisitiri w’Intebe yagaragaje uko u Rwanda rwiyubatse mu bukungu nyuma ya COVID-19
2/03/2023 - 16:23
Perezida Kagame yihanangirije abashaka gukira vuba binyuze mu bujura
2/03/2023 - 16:03
Ihere ijisho ubuhanga bwo guhangana n’umwanzi bw’abapolisi bashya mu mwuga
26/02/2023 - 22:02
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo