Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
See how President Kagame received Sassou-Nguesso at Kigali International Airport
22/07/2023 - 21:19
President Sassou-Nguesso pays tribute to Genocide victims at Kigali Memorial
22/07/2023 - 21:12
Irebere ibirori byo gusoza Women Deliver Conference
20/07/2023 - 23:36
Umuyobozi wa UN Women yashimye imikorere ya ‘Isange One Stop Center’
20/07/2023 - 23:22
Kurikira ijambo rya Madamu Jeannette Kagame mu nama ya Women Deliver
19/07/2023 - 09:32
Ihere ijisho ibirori byo gutangiza inama ya Women Deliver
19/07/2023 - 08:55
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa ryo #Kwibohora29
10/07/2023 - 21:34
Reba uko gutaha Umudugudu wa Muhira byari byifashe
4/07/2023 - 19:49
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo