Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rubavu: Ubuhamya buteye agahinda bw’ababuriye ababo mu biza
5/05/2023 - 13:22
Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Abanyarwanda babaga muri Sudani bageraga i Kigali
2/05/2023 - 15:52
Mukakabera arashimira RIB yamusubije asaga Miliyoni 5Frw yari yibwe
30/04/2023 - 00:16
Inside President Kagame’s working visit to Tanzania
30/04/2023 - 00:07
Turashaka gutaha - Impunzi z’Abanyekongo
30/04/2023 - 00:01
Kagame hosts Gen Muhoozi for his 49th birthday celebration in Rwanda
29/04/2023 - 23:52
Abajura baniga abantu ku muhanda bakabambura, bahagurukiwe
25/04/2023 - 09:02
Guverinoma yagabanyije imisoro, indi iravugururwa
22/04/2023 - 12:56
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo