Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06Iziheruka
Musanze Polytechnic, ishuri rishya ry’imyuga rijyanye n’igihe!
3/06/2015 - 11:45
Ikibazo cy’ubumenyi buke mu batekinisiye ba Radiyo cyabonewe umuti
22/05/2015 - 11:59
Abakunzi b’ikipe ya Arsenal baremeye imiryango 36 y’abarokotse Jenoside
11/05/2015 - 14:21
Uburyo Gakinjiro/Gakiriro ya Gisozi imaze guhindura isura y’umujyi wa Kigali!
1/05/2015 - 15:17
Abatekinisiye ba Radio mu Rwanda barimo guhabwa amahugurwa
17/04/2015 - 12:02
Ese impfubyi za Jenoside zibayeho gute mu nyubako nshya ya One Dollar Campaign?
14/04/2015 - 15:22
Kidumu asanga Perezida Kagame ari umuyobozi w’ikitegererezo
1/04/2015 - 10:21
Bisesero: "Inkotanyi ntizarokoye abahigwaga gusa!"
25/03/2015 - 11:00
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo