Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Sick City Entertainment bongeye kwerekana ubuhanga mu mbyino zigezweho!
19/08/2013 - 11:22
Riderman wegukanye irushanwa rya Guma Guma III, ni muntu ki?
12/08/2013 - 10:37
Amagambo akarishye kuri bamwe mu bahanzi basezerewe muri Guma Guma!
30/07/2013 - 10:23
Riderman yatumye abashinzwe gutanga amanota bava mu byicaro byabo!
24/07/2013 - 12:22
Igitaramo cya Guma Guma i Musanze nacyo cyagaragayemo udushya!
18/07/2013 - 14:46
Abanyarwenya Kings of Comedy bongeye gushimisha abanyarwanda
15/07/2013 - 10:51
Uburyo abahanzi bahatanira Guma Guma bitwaye i Muhanga
9/07/2013 - 10:32
Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali
2/07/2013 - 10:58
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo