Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27Iziheruka
Iminsi 100 y’icyunamo yasojwe no kuzimya urumuri rw’ikizere
17/07/2015 - 11:44
Mashirika performs"BRIDGE OF ROSES"at Ubumuntu
16/07/2015 - 12:00
Ethiopia performs "DESPERATE TO FIGHT" at Ubumuntu Festival
15/07/2015 - 10:24
US Ambassador to Rwanda speaks at Ubumuntu Festival
15/07/2015 - 10:12
Burundi performs "DECHIREMENT" at Ubumuntu 2015
13/07/2015 - 17:43
Role of art in promoting Humanity
13/07/2015 - 17:35
USA performs "ANTIGONE" play at Ubuntu
13/07/2015 - 17:27
Uganda performance at Ubumuntu
13/07/2015 - 17:20
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo