Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Igitaramo cya Guma Guma i Musanze nacyo cyagaragayemo udushya!
18/07/2013 - 14:46
Abanyarwenya Kings of Comedy bongeye gushimisha abanyarwanda
15/07/2013 - 10:51
Uburyo abahanzi bahatanira Guma Guma bitwaye i Muhanga
9/07/2013 - 10:32
Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali
2/07/2013 - 10:58
Umuhango wo Kwita Izina ku nshuro ya cyenda
29/06/2013 - 13:19
Interview: Uburyo abahanzi bahatanira Guma Guma biteguye ibitaramo bya Live
24/06/2013 - 16:10
Guterana amagambo hagati ya Knowless na Kamichi!
24/06/2013 - 10:01
Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Ngoma(Part III)
15/06/2013 - 11:02
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo