Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
Ubumuntu Festival pre-acting session
12/07/2015 - 20:11
Imyitozo y’imbyino yatumye benshi bagira amatsiko!
11/07/2015 - 19:03
Iserukiramuco "Ubumuntu Arts Festival" ryatangiye
11/07/2015 - 18:31
Uko igitaramo "Kwibohora Concert" cyagenze
10/07/2015 - 15:06
Ubumuntu Festival - "ndiho kuko uriho, uriho kuko ndiho"
9/07/2015 - 09:10
Imyaka 10 irashize Imbuto Foundation ishyigikira uburezi bw’umukobwa
8/07/2015 - 09:09
Madame Jeannette Kagame yashyikirije amazu incike za Jenoside
4/07/2015 - 09:38
Urugendo rw’Intare kuva muri Afurika y’epfo, kugera muri Parike y’Akagera
3/07/2015 - 07:55
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo