Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06Iziheruka
Abayobozi ba Rayon Sports basobanuye ikibazo bagiranye n’umutoza
26/10/2015 - 08:46
Minisitiri Mushikiwabo yasobanuye byinshi ku bibera mu Burundi na FDLR
23/10/2015 - 01:19
Ibihe byingenzi byaranze transform africa 2015
22/10/2015 - 09:20
Igitaramo cya STROMAE, Intambara y’Iburundi n’ifatwa ry’amashusho nibyo BIG FIZZO yatangaje akigera i Kigali
15/10/2015 - 17:58
African Ministers meet in Kigali to discuss TVET
14/10/2015 - 10:25
ALLIONI na DANNY NANONE bahawe igihembo cy’indirimbo yabo POLE POLE.
13/10/2015 - 13:30
KNOWLESS yasobanuye byinshi ku ndirimbo ye yakoranye na ROBERTO
12/10/2015 - 12:21
Hon. Depite BAMPORIKI EDOUARD agiye gusohora firimi nshya muri 2017
12/10/2015 - 11:58
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo