Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53Iziheruka

VIDEO: Perezida Kagame yitabiriye inama ya African Transformation Forum 2018
22/06/2018 - 20:40
Ishuri rya muzika ryo ku Nyundo rirakataje mu gutegura abahanzi
18/06/2018 - 15:50
VIDEO: The Ben yasinye amasezerano n’uruganda rwenga inzoga rwa Luc Belaire
18/06/2018 - 08:33
VIDEO: Abanyapolitiki bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bemeye gufasha u Rwanda gukurikirana abashinjwa Jenoside yakorewe Abatutsi
13/06/2018 - 08:38
VIDEO: Ntibikiri ngombwa gutegereza Diplome ku biga muri TVET bashaka kujya mu kazi
12/06/2018 - 12:59
VIDEO: Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’intebe wa Canada
12/06/2018 - 09:27
Ishuri rikuru rya Gisirikare ryatanze impamyabumenyi
9/06/2018 - 09:59
Ihere ijisho ibikorwa by’ishuri rikuru ry’ingabo z’u Rwanda
8/06/2018 - 08:41
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo