Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40Iziheruka

Perezida Kagame yifatanije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
5/07/2018 - 08:37
Imfura za Rwanda Polytechnic zahawe impamyabushobozi
29/06/2018 - 08:41
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi biganjemo abagore mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
28/06/2018 - 08:20
U Rwanda rwamuritse ku mugaragaro uruganda ruteranya imodoka
27/06/2018 - 17:26
VIDEO: Perezida Kagame yitabiriye inama y’Umuhora wa Ruguru yabaye ku nshuro ya 14 i Nairobi
27/06/2018 - 08:32
VIDEO: Ikipe ya APR y’abagore n’iya REG begukanye irushanwa MEMORIAL RUTSINDURA 2018
26/06/2018 - 13:28
VIDEO: Kabega Musah na Rogers Sirwomu nibo begukanye MEMORIAL GAKWAYA 2018
25/06/2018 - 11:35
VIDEO: Ihere ijisho Moto zidasanzwe zisimbuka imisozi
24/06/2018 - 20:29
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo