Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Ijambo Perezida Kagame yageje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza Transform Africa 2018
7/05/2018 - 19:03
Perezida Ouattara yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi
26/04/2018 - 22:20
Ruhango: Hatangijwe ibikorwa by’ingabo mu iterambere ry’abaturage
24/04/2018 - 20:05
Nyabihu: Gen Kabarebe ni we watangije ibikorwa by’ingabo mu iterambere ry’abaturage
21/04/2018 - 10:34
Minisitiri Kabarebe yahishuye ibanga ryo kwinjira mu ngabo za RDF
20/04/2018 - 22:16
Rwamagana: Uko ibikorwa bya RDF Citizen Outreach Programme byagenze
20/04/2018 - 22:12
Rayon Sports yaraje abanyakigali mu mihanda
20/04/2018 - 13:07
Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II yafunguye ku mugaragaro inama ya Commonwealth
19/04/2018 - 20:16
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo