Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04Iziheruka

Udushya twaranze urugendo ku magare rugamije kurwanya imirire mibi (Video)
27/06/2019 - 06:26
Ubwambuzi: Icyari inama kuri Convention Centre cyahindutse isoko (Video)
26/06/2019 - 10:39
Volleyball: REG yisubije igikombe cya Memorial Rutsindura (Video)
25/06/2019 - 14:35
Nta muhinzi uzongera kubura inguzanyo, BK yabahaye ’IKOFI’
25/06/2019 - 14:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Kigali Peace Marathon (Video)
17/06/2019 - 22:26
Ihere ijisho amashusho yafatiwe mu kirere ya Kigali Peace Marathon
17/06/2019 - 12:59
Amakamyo yemerewe kwambuka umupaka wa Gatuna (Video)
15/06/2019 - 01:51
Iyumvire iyicarubozo rikorerwa Abanyarwanda muri Uganda
15/06/2019 - 01:07
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo