Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Reba uwahimbye "Maji Maji" Indirimbo yahaye morale cyane Inkotanyi
14/07/2019 - 10:58
Icyivugo cya Sg Maj Robert kiratangaje
14/07/2019 - 10:34
Lillian Mbabazi yahishuye ibanga rituma indirimbo Nyarwanda zitarenga u Rwanda
14/07/2019 - 10:12
QUEEN CHA yagaragaye mu mabara ya Mukura aririmbira aba Rayons byibazwaho
10/07/2019 - 16:50
Biratangaje: Mugiraneza ufite ubumuga bwo kutabona abasha gukoresha Computer
9/07/2019 - 23:07
Reba udushya twaranze igitaramo cya Muzika cyo #Kwibohora25
9/07/2019 - 22:43
Kagame: Ni biba ngombwa ko bidusaba kongera kurwana, turiteguye!
4/07/2019 - 18:51
#Kwibohora25: RDF Band yaryohereje abaturage mu karasisi kabereye ijisho!
4/07/2019 - 18:34
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo