Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Ubyumva ute kuri EAC hamwe na Amb. Olivier Nduhungirehe, Dr Christopher Kayumva na Edmond Kagire
8/02/2019 - 10:34
Miss Jolly Avuga kuri Mwiseneza, Meghan ndetse n’ijambo ’Girl’ ryamusobye muri Miss Rwanda
8/02/2019 - 10:18
Iyo ibiryo byakunaniye ugerageza byose - Ndimbati
6/02/2019 - 10:24
Ibyishimo by’Ingabo z’u Rwanda basoza imikino y’igikombe cy’Intwari 2019
1/02/2019 - 15:10
Nibyo nagize umukunzi, ariko ubu ntawe ndi mu murimo w’Imana gusa: Israel Mbonyi
31/01/2019 - 12:21
Israel Mbonyi ari kurapa indirimbo ya AMAG The Black
31/01/2019 - 12:17
Abavuga ko narinzi ko ndibube Miss Rwanda barambeshyera: Miss Meghan
31/01/2019 - 12:13
Kamera zigera kuri 26 zose hejuru ya Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan
27/01/2019 - 19:56
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo