Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04Iziheruka

Nibyo nagize umukunzi, ariko ubu ntawe ndi mu murimo w’Imana gusa: Israel Mbonyi
31/01/2019 - 12:21
Israel Mbonyi ari kurapa indirimbo ya AMAG The Black
31/01/2019 - 12:17
Abavuga ko narinzi ko ndibube Miss Rwanda barambeshyera: Miss Meghan
31/01/2019 - 12:13
Kamera zigera kuri 26 zose hejuru ya Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan
27/01/2019 - 19:56
Josiane azaba Miss Popularity, ariko ibindi dutegereze Finali - Ikiganiro Ubyumva Ute (Video)
24/01/2019 - 06:43
Uruhinja rwatawe mu musarani rukarokorwa, rwemerewe kuzishyurirwa amashuri kugera kuri Kaminuza
18/01/2019 - 17:53
Mporana intimba y’abana barindwi twaririmbanaga bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi - TONZI
18/01/2019 - 17:37
Nubwo nsoma akayoga, ndi Umukirisitu wa ADEPR - JAY POLLY
17/01/2019 - 07:04
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo