Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33Iziheruka

Reba imibyinire idasanzwe ya Sherrie Silver mu gitaramo cyo #KwitaIzina19
8/09/2019 - 16:52
Reba uko umuhango wo #KwitaIzina19 abana b’ingagi 25 wagenze
7/09/2019 - 16:50
Baje kumfata muri V8 - Niringiyimana wakoze umuhanda
7/09/2019 - 16:31
Louis Baziga yishwe azira kwanga gukorana n’abanzi b’u Rwanda
5/09/2019 - 20:15
Gen. Kabarebe: Kayumba Nyamwasa ni urugero rwiza rw’umuhemu
5/09/2019 - 19:54
Gen. Kabarebe: Niba hari umuntu w’umuhemu ubaho, ni Kayumba Nyamwasa
5/09/2019 - 19:27
Perezida Kagame yatashye ishuri ry’ubuvuzi ry’icyitegererezo
2/09/2019 - 23:41
Perezida Kagame yambitse Umudali w’Igihango Dr. Paul Farmer
1/09/2019 - 16:03
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo