Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31
3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45Iziheruka

Irebere uburyo Umujyi wa Kigali watatswe mu kwitegura Noheli n’Ubunani
23/12/2024 - 13:10
Nta bundi buryo bukwiye gusimbura ubutabera, ariko nibiba ngombwa buzakoreshwa - Perezida Kagame
12/12/2024 - 19:54
Minisitiri w’Intebe yashyize umucyo ku izamurwa ry’umusanzu wa Pansiyo, Amanegeka n’Ibindi #NST2
7/12/2024 - 07:06
Bakiriye bate gushyirwa kw’Intore z’u Rwanda mu murage w’Isi ?
6/12/2024 - 03:45
Umuyobozi wa RSSB yasobanuye impamvu zo gukuba kabiri umusanzu wa Pansiyo
6/12/2024 - 03:35
Minisiteri y’Abakozi na MINECOFIN binjiye mu kibazo cya RSSB cyo kuzamura amafaranga ya Pansiyo
6/12/2024 - 03:30
Asize yujuje Hoteli i Gicumbi : Ubuhamya mu gushyingura Nyirandama Chantal
29/11/2024 - 15:11
Chairman wa RPF-Inkotanyi yihanganishije umuryango wa Nyirandama, mu butumwa bwasomwe na Gasamagera
28/11/2024 - 13:32
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo