Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
Carcarbaba yadabagije abanyarwanda bifuza imodoka zikomeye kandi zujuje ubuziranenge
6/06/2025 - 09:40
First Lady Jeannette Kagame: "Investing in women entrepreneurs is the right decision for Rwanda"
30/05/2025 - 12:47
Mozambican troops trained by the Rwanda Defence Force in an advanced infantry course
28/05/2025 - 14:56
#EdTechMondays #YoungAfricaWorks: Guteza imbere amasomero yo mu buryo bw’ikoranabuhanga
27/05/2025 - 09:47
#Rutsindura2025: APR na Police zegukanye ibikombe, Petit Séminaire ikora amateka
27/05/2025 - 09:35
Uko Louise Mushikiwabo yagiye kwiga muri Amerika yarabujijwe na Minisitiri
25/05/2025 - 11:51
Rutsindura Memorial 2025: Ibiro biravuza ubuhuha mu mikino ya nyuma
25/05/2025 - 11:39
Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo