Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31
3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45Iziheruka

Ubucuruzi bw’i Kigali mu gicuku
4/11/2024 - 14:23
Umubyeyi umaze imyaka itanu avuza umwana aratabaza
1/11/2024 - 14:16
Umunya-Kenya Karen Patel yakiriye ate kwegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024?
21/10/2024 - 10:34
Ubuhamya bw’Abanyarwandakazi bitabiriye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024
20/10/2024 - 16:19
Minisitiri Bizimana yavuze ububi bwa Padiri Nahimana Thomas n’abo bafatanya gusebya u Rwanda
19/10/2024 - 22:47
Minisitiri Dr. Bizimana yavuze uburyo amadini yashenye Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda
19/10/2024 - 22:38
#RMGR2024: Kenya’s Karen Patel thrills rally fans with his Skoda Fabia R5 at the spectator stage
19/10/2024 - 15:35Amaze imyaka 37 aryamye, imirimo ye yose ayikoresha umunwa
16/10/2024 - 17:23
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo