Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01Iziheruka

Kagame yagarutse ku bantu bagana inkiko kubera ibibazo biri mu mategeko
5/11/2019 - 21:14
Umukinnyi yatunguye umukobwa amwambikira impeta muri Kigali Arena
2/11/2019 - 22:08
Reba uko abakobwa b’ikimero basusurukije BK All Star Game
2/11/2019 - 19:57
KNC ati "Mwitege Derby ya Gasogi na Rayon Sports"
31/10/2019 - 11:39
Iminsi 30 y’igifungo ku bakekwaho gukorana na RNC ya Kayumba Nyamwasa
29/10/2019 - 11:23
RDF yerekanye ubumuntu n’ubunyamwuga mu kazi kayo
29/10/2019 - 10:54
Maj (Rtd) Mudathiru: Ntabwo dutotezwa, dufashwe neza
29/10/2019 - 10:48
Unity Award 2019: Ibigwi bya Mukarutamu Daphrose wahawe Ishimwe ry’Ubumwe
29/10/2019 - 10:38
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo