Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Iyumvire uko Uganda yashinyaguriye Nkurunziza ajya gushyingura Nyirakuru
5/12/2019 - 14:54
Amaranye virusi itera SIDA imyaka 20! Yatanze ubuhamya mu nama ya ICASA
5/12/2019 - 14:46
Urukerereza n’abana bo ku Nyundo baryohereje abitabiriye ICASA
3/12/2019 - 11:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye Umuganda usoza ukwezi kwa 11
1/12/2019 - 23:49
Byakunuka ufana Rayon ati: "Kiyovu ni ikiraro twambukiraho"
29/11/2019 - 19:35
Iyumvire uburyo Rayon Sports yakinanye imyenda yaguriwe n’ikipe bahanganye
29/11/2019 - 19:21
Ihere ijisho Ibitaro bishya by’Akarere ka Nyarugenge biri hafi kuzura
28/11/2019 - 22:49
Young Grace yamaze ku bise amasaha atanu mbere yo kwibaruka Diamante
28/11/2019 - 22:39
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo