Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Kigali: Abatuye mu bishanga batangiye kwimurwa, inzu zabo zirasenywa
17/12/2019 - 20:36
Dore umwe mu bakobwa ba mbere mu gucuranga gitari mu Rwanda
17/12/2019 - 12:05
Sunny avuga ko kwitukuza ari nk’icyorezo. Iyumvire impamvu yamuteye kubikora
17/12/2019 - 11:41
Abanyarwanda 14.3% bugarijwe n’umubyibuho ukabije
17/12/2019 - 11:27
Mbega abakobwa bafite ubuhanga mu gucuranga ibyuma bya muzika!
16/12/2019 - 00:44
Iyumvire impamvu ibiganiro hagati y’u Rwanda na Uganda ntacyavuyemo
14/12/2019 - 12:14
Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
Mu ndirimbo Umuhanzi Davis D yise Dede, avugamo ko agusha Imvura. Iyumvire iyo mvura iyo ari yo
13/12/2019 - 17:59
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo