Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Menya izindi Nterahamwe zihishe mu Bufaransa zikwiye gufatwa nyuma ya Kabuga
20/05/2020 - 14:51
Polisi yafashe abantu 9 babyiganiraga mu modoka ya Pick Up barenze no ku mabwiriza yo gutaha kare
14/05/2020 - 18:03
Kirazira kikaziririzwa guhagarikwa na Polisi ukanga guhagarara - CP JB Kabera
14/05/2020 - 09:03
Natty Dread yatubwiye ibihe bya nyuma yagiranye na Bob Marley
14/05/2020 - 00:58
Abanyeshuri ba Kaminuza bari baraheze ku mashuri kubera #GumaMuRugo batashye
13/05/2020 - 06:57
Polisi yafatiye mu cyuho 25 bashakaga kwambukiranya intara kandi bibujijwe
11/05/2020 - 10:55
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo
7/05/2020 - 00:47
Umunsi wa mbere muri Bus zitwara abagenzi nyuma ya #GumaMuRugo
4/05/2020 - 19:29
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo