Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Ibyatangajwe na Perezida w’u Burundi, u Rwanda rwagize icyo rubivugaho
13/08/2020 - 11:21
Nafashe umwanzuro wo gukora umuziki urimo umwihariko wa Kinyarwanda - Buravan
11/08/2020 - 19:13
RIB yerekanye umugabo ukekwaho gucuruza abakobwa ashaka indonke mu babasambanya
10/08/2020 - 22:25
Ryoherwa n’igitaramo cy’Umuganura. Urukerereza ruratwereka uko Umuganura wizihizwaga
8/08/2020 - 10:10
Urugendo rwa Bob Pro, inararibonye mu gutunganya indirimbo: Ni we wakoze Suzanna ya Sauti Sol
7/08/2020 - 11:45
Uko Abayisilamu bizihije Eid Al-Adha birinda COVID-19. Amatungo arenga 1500 yarabazwe
7/08/2020 - 10:37
Miss Karimpinya yasuye KT Radio acinya akadiho karahava
1/08/2020 - 19:48
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
30/07/2020 - 09:17
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo