Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Ntidushaka ko icyari ubukwe gihinduka ikiriyo, ubukwe ntiburi mu byemewe - Prof Shyaka
2/05/2020 - 10:53
#Covid19: Indi mirimo yemerewe gukomeza gukora. Menya impamvu zashingiweho bayemerera
1/05/2020 - 22:56
Rusumo: Umushoferi uvanye ikamyo muri Tanzania si we uyigeza i Kigali
1/05/2020 - 22:29
Utubari turakomeza gufunga! Reba uko kuva Bahamas ukagera kwa Jules hameze (Video)
1/05/2020 - 18:36
U Rwanda rwakiriye toni 15 z’ibikoresho by’ubuvuzi rwahawe na Qatar
30/04/2020 - 02:27
Umugezi wa Yanze wuzuye, ufunga inzira yahuzaga Nyabugogo na Kanyinya
29/04/2020 - 23:30
Kagame rubbishes ‘RDF in DRC’ claims, questions UN Force role
29/04/2020 - 23:17
Bukavu: Jeannot Witakenge yasezeweho mu buryo butangaje (Video)
29/04/2020 - 23:10
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo