Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Mavenge Sudi yemeye ko yiyitiriye indirimbo za Nyakwigendera Kayitare Gaetan
5/08/2021 - 20:25
Ibyaranze iminsi ibiri y’uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda
4/08/2021 - 08:48
Bafashwe barimo koga muri pisine barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
3/08/2021 - 20:14
Imbere mu nama y’Abaminisitiri yakuyeho Guma mu Rugo
31/07/2021 - 19:28
U Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi 19 ba RED Tabara
31/07/2021 - 15:16
U Rwanda nta bushobozi bwo gukoresha Pegasus rufite - Minisitiri Biruta
29/07/2021 - 19:49
Mozambique: Ingabo za RDF zivuganye abarwanyi 14 mu minsi itanu ishize
29/07/2021 - 15:39
Yanze kugumana umukozi we urwaye COVID-19, afatwa amucyuye rwihishwa
26/07/2021 - 23:05