Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

RDB yamurikiye abafasha ba mukerarugendo bo hirya no hino ku isi ibyiza bitatse u Rwanda
17/09/2021 - 20:01
RIB na UNICEF batashye icyumba gifasha abana bakoze ibyaha n’ababikorewe
17/09/2021 - 19:50
Urubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be ruragana ku musozo: Bimwe mu byaruranze
17/09/2021 - 18:36
Akurikiranyweho koherereza abantu ‘SMS’ akabambura kuri Mobile Money
15/09/2021 - 20:50
Abakunzi ba Arsenal bahinduriye imibereho abarokotse Jenoside b’i Nyamagabe
13/09/2021 - 21:36
BullDogg yavuze ubuzima yabanyemo na Jay Polly
13/09/2021 - 21:29
Umuhanzi Christopher yahishuye impamvu atarangije kwiga kaminuza
13/09/2021 - 07:32
Abagenda muri Kigali boroherejwe ingendo bakoresha amagare agezweho
10/09/2021 - 14:04