Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
I Kigali hazamuwe ibendera rya Commonwealth
15/03/2022 - 00:38
NYIRINGANZO: Amateka ya Muyango, igihangange mu njyana gakondo
7/03/2022 - 08:43
Kagame: Ntacyo u Rwanda rutanyuzemo, nta mijugujugu tutaraterwa
1/03/2022 - 15:40
Abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda 2022 bamenyekanye
27/02/2022 - 22:19
Weekend idasanzwe ku Gisimenti nyuma y’uko hagizwe Car Free Zone
27/02/2022 - 22:05
Ibyifuzo bya motari ku kibazo cyo gukoresha mubazi byahawe agaciro
27/02/2022 - 18:39
Abasenateri ba Zimbabwe: Twasuye u Rwanda kuko ari Igihugu cyo kwigiraho
27/02/2022 - 18:19
Mu majwi ahebuje, Chorale de Kigali yataramiye muri Car Free Zone
25/02/2022 - 07:32