Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Jay Jay Okocha and other football legends interact with Rwandan University students
20/03/2023 - 21:32
UK Home Secretary lays foundation stone for Gahanga building project
20/03/2023 - 21:28
U Rwanda rugiye kwakira imikino ihuza Polisi z’ibihugu bya EAC. Polisi y’u Rwanda yiteguye ite?
19/03/2023 - 19:08
UK Home Secretary Suella Braverman & Rwanda’s Foreign Affairs Minister address the Press in Kigali
18/03/2023 - 22:01
Gen Marcel Gatsinzi yasezeweho bwa nyuma, Perezida Kagame akomeza umuryango we
16/03/2023 - 23:23
Twaganiriye na Mama Pakita, umukobwa wa Karasira J. Jacques hamwe n’abahoze muri Pakita
16/03/2023 - 15:08
FIFA Congress: Kagame and Infantino welcome remarks
16/03/2023 - 14:46
Umusifuzi Salima yafungiye inkweto Perezida Kagame
16/03/2023 - 14:32