Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04Iziheruka

Reba uko abanyeshuri batangiye umwaka mushya w’amashuri
22/09/2022 - 23:20
AMERWA na Banki ya Kigali batangije gahunda ya ‘Zamuka mugore wa Kigarama’
22/09/2022 - 23:10
Abitabiriye igitaramo RAP City bashimishijwe n’udushya twarimo
18/09/2022 - 22:36
Abitabiriye Art Rwanda-Ubuhanzi bishimiye kugaragaza impano zabo
16/09/2022 - 20:35
Pasiteri Mpyisi yizihije isabukuru y’imyaka 100
13/09/2022 - 07:34
Inzozi Lotto: Harerimana atsindiye asaga miliyoni 2.5Frw, gerageza amahirwe nawe
6/09/2022 - 19:11
Ibyamamare birimo Drogba, Prince Charles, Sauti Sol n’abandi bise amazina Ingagi
4/09/2022 - 11:33
Gukoresha ikoranabuhanga mu burezi bw’u Rwanda
30/08/2022 - 15:41