Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17Iziheruka

Ni ku gipfunsi nta handi: Abanya-Gicumbi barahiriye kuzatora FPR 100%
30/06/2024 - 07:28
Abifuza guhungabanya u Rwanda ntaho bamenera - Kagame i Rusizi
28/06/2024 - 23:11
Akazi kanjye karoroshye, ni ukubajya imbere tugafatanya urugendo - Kagame i Nyamagabe
28/06/2024 - 20:37
Indirimbo ‘Mukota’ Ruti Joel yakoreye Kagame yasusurukije imbaga
28/06/2024 - 10:07
Mu bacika intege ntabwo ndimo - Kagame ubwo yiyamamarizaga i Huye
28/06/2024 - 07:21
Araduhetse Kagame Paul ntabwo twanyerera - I Burera bariteguye
28/06/2024 - 06:51
Huye: Barashima ibyo Perezida Paul Kagame yabagejejeho
28/06/2024 - 06:31
Abafite ubumuga natwe twahawe agaciro nk’abandi kubera FPR Inkotanyi (Ubuhamya)
28/06/2024 - 06:11