Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko Afurika y’Epfo yatwaye imibiri y’abasirikare bayo baguye muri Kongo
7/02/2025 - 15:10
Dore ibyaranze inama mpuzamahanga ku burezi budaheza ibera i Kigali
7/02/2025 - 07:39
Alain Mukuralinda yatanze ishusho nyayo y’ikiganiro Perezida Kagame yagiranye na CNN
6/02/2025 - 12:29
Nta na rimwe ikibi kizatsinda icyiza: Umunyekongo wagarutse i Goma ku ivuko
5/02/2025 - 17:46
Dore imyitozo ihabwa abinjiye mu mutwe wihariye wa RDF🇷🇼 Special Operation Force
5/02/2025 - 11:48
Perezida Kagame na Madamu babimburiye abandi gushyira indabo ku Gicumbi cy’Intwari
1/02/2025 - 17:42
Irebere udushya twa RDF Band mu gitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda (Video)
1/02/2025 - 10:12
Dore uko Ruti Joel yashimishije abitabiriye igitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda
1/02/2025 - 09:14