Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Morale y’Urubyiruko rwa RPF Inkotanyi rwakira umukandida Paul Kagame i Musanze
23/06/2024 - 04:31
Ab’i Musanze bari babukereye mu kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi
23/06/2024 - 04:22
Reba uko Umukandida wa FPR Inkotanyi yakiriwe i Musanze
22/06/2024 - 18:19
Umukandida wa FPR-Inkotanyi Kagame Paul arahera i Musanze yiyamamaza: Ikiganiro na SG Gasamagera
21/06/2024 - 17:56
Reba udushya twaranze isiganwa ry’imodoka rya #HuyeRally2024
17/06/2024 - 19:51
Ikipe y’abarinda Perezida (Republican Guard) yisubije igikombe cya RDF Liberation Cup
17/06/2024 - 09:26
Perezida Kagame mu busabane n’Abajyanama b’Ubuzima
16/06/2024 - 23:40
Huye Rally: Basusurukijwe n’isiganwa ry’imodoka na moto zisimbuka
16/06/2024 - 23:31