Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Gakondo Body Workout: Umuvuno mushya mu kumenyekanisha imbyino Nyarwanda
22/03/2024 - 23:43
Bakoze imishinga irenga 100 mu bijyanye na AI ndetse na Robotics: Ni ibihe bibazo ije gukemura?
22/03/2024 - 23:33
Umusizi Rumaga : Umugore si umuntu
22/03/2024 - 23:18
Tujyane mu Busanza aho Permis igiye kujya ikorerwa hifashishijwe ikoranabuhanga
14/03/2024 - 15:15
Ibyo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania yaganiriye na mugenzi we w’u Rwanda
14/03/2024 - 15:00
Impunzi z’Abanye-Congo zagejeje ibibazo byazo kuri za Ambasade zikorera i Kigali
14/03/2024 - 14:49
Jean-François Ricard, Procureur Français visite l’ancien Zone Turquoise
14/03/2024 - 14:34
Nkunganire Leta yatangaga ku batega imodoka rusange yakuweho
14/03/2024 - 14:17