Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mukarubuga ateruye ubuvivi bwe nyuma yo kurokoka Jenoside mu buryo bugoye - Ubuhamya
18/04/2025 - 15:17
Uko Abanyabugeni n’Abanyabukorikori bakora ibihangano bisigasira amateka ya Jenoside
17/04/2025 - 12:11
Urwibutso rwa Sina Gerard kuri Alain Mukuralinda wasezeweho bwa nyuma
11/04/2025 - 10:27
Uko Ababiligi batereranye abarimo impinja Interahamwe zikabica - Ubuhamya bwa Mukayiranga
11/04/2025 - 10:13
Jabana: Imibiri yimuwe mu ngo ishyingurwa mu rwibutso rwa Jenoside
10/04/2025 - 10:55
#Kwibuka31: Abamburira ngo mvuga ukuri kukabakorogoshora, baziyahure - Perezida Kagame
8/04/2025 - 14:31
#Kibuka31: "Twari twarakiriye gupfa habura umunsi gusa" - Ubuhamya bwa Liliane warokokeye I Ntarama
8/04/2025 - 14:18
Bugesera: Mu birombe bya gasegereti haracyari imibiri y’abishwe muri Jenoside
6/04/2025 - 19:36