Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Mwarakoze cyane - Perezida Kagame yashimye abamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
23/07/2024 - 09:29
Kagame yagize icyo avuga ku byavuye mu matora
16/07/2024 - 15:14
Abatuvuga nabi ni bo bicwa n’agahinda - Kagame ubwo yiyamamarizaga muri Kicukiro
14/07/2024 - 03:32
Byari udushya gusa mu kwamamaza Kagame i Bumbogo muri Gasabo
13/07/2024 - 08:20
Bavuye mu Bubiligi baje kwamamaza Kagame
12/07/2024 - 01:19
Kagame yijeje Abanya-Gakenke kuzasangira na bo ikigage bishimira intsinzi
12/07/2024 - 01:12
Muri Gakenke bakoze agashya mu kwakira Kagame Paul
12/07/2024 - 01:02
Wadutwaye Gishambashayo uduhungishije intambara - Abaturage b’i Gicumbi bashimira Kagame
12/07/2024 - 00:49