Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Video: Dore amanywa n’ijoro byo ku Gishushu
19/02/2018 - 12:06
Iyo ataba Mowzey Radio, umuhanzi Pallaso ntiyari kuzamenyekana
14/02/2018 - 11:48
VIDEO: Abakanika ibimodoka bikora imihanda bagiye kujya babyigira mu Rwanda
13/02/2018 - 16:06
Uzuri K&Y igiye kwibagiza abanyarwanda inkweto z’iburayi
12/02/2018 - 08:34
Imyiteguro y’ikipe y’igihugu izakina ’African Continental Road Championships 2018’
10/02/2018 - 16:06
Kuki Team Rwanda idahabwa agahimbazamusyi kayo?
7/02/2018 - 14:08
Areruya yongeye kwakirwa bidasanzwe i Kigali nyuma yo gutwara Tour de l’espoir
6/02/2018 - 08:37
Perezida Kagame yunamiye Intwari z’u Rwanda
1/02/2018 - 19:37