Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46Iziheruka

Rudasumbwa wa Afurika 2017 yavuze impamvu yanze kwitabira Godfather East Africa
28/03/2018 - 17:56
Imbyino n’imivugo byasusurukije inama ya NEF 2018
26/03/2018 - 17:00
Haracyagaragara ubusumbane hagati y’abagore n’abagabo mu bya siyansi ku Isi hose - Perezida Kagame
26/03/2018 - 15:39
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Cycling Cup 2018 Kigali - Huye
26/03/2018 - 08:48
Diamond Platnumz ni umuntu w’ikitegererezo - Harmonize
23/03/2018 - 12:35
GIZ yahaye WDA ibitabo bishya bizafasha abiga imyuga
15/03/2018 - 11:11
Ihere ijisho urujya n’uruza rw’imodoka ku muhanda mushya wa Kigali Convention Centre
14/03/2018 - 09:18
Kigali Today Ltd yizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore
8/03/2018 - 13:29