Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

#Umuganura2019: Niba utarabonye utu dukoryo, wagize igihombo gikomeye
3/08/2019 - 15:56
Imipaka ihuza u Rwanda na DRC yafunguwe. Dore ibyishimo by’abaturage!
1/08/2019 - 22:32
Urukerereza rwashimishije abitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’Umuganura
31/07/2019 - 03:06
#Umuganura2019: Abaraperi batangaje basusurukije abantu karahava
31/07/2019 - 01:01
Abakuru ba Banki Nkuru z’ibihugu muri Afurika bateraniye mu Rwanda
31/07/2019 - 00:21
Kigali: Imodoka itwaye magendu yakoze impanuka ihunga Police
29/07/2019 - 18:32
Abakobwa beza b’i Kigali bongereye ubwiza imurika "Shyuha Auto Show"
28/07/2019 - 16:35
ShaddyBoo yatunguye abitabiriye "Shyuha Auto Show" ubwo yinjiraga ari kuri moto
28/07/2019 - 00:09