Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#Kwibuka27: Ko tugenda dusaza, abazadukomokaho tuzabasigira iki?
1/05/2021 - 07:31
#Kwibuka27 | Ste Famille | Padiri Wenceslas azashyira azanwe mu Rwanda
30/04/2021 - 20:20
Uwashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, byamuhenda cyane - Perezida Kagame
28/04/2021 - 13:46
#EdTechMonday: Ese Ikoranabuhanga mu burezi ryafasha kugeza uburezi kuri benshi?
27/04/2021 - 11:10
Bishimiye kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda
27/04/2021 - 10:48
Irebere akarasisi k’Abofisiye 721 bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant
27/04/2021 - 10:42
CP Kabera: COVID-19 ntitinya ahabereye amasabukuru y’amavuko
27/04/2021 - 00:30
Bikingiranye mu rugo bakora ibirori bitemewe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
27/04/2021 - 00:21