Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Buhigiro Jacques: ’Nyirabihogo’ nayihimbiye umuzungukazi twiganaga
29/05/2021 - 11:16
Bafashwe bashaka guha Abapolisi ruswa bayita kubagurira amazi yo kunywa
17/05/2021 - 11:14
#Kwibuka27: Imiryango yazimye ni Ikimenyetso cy’ubukana Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranywe
17/05/2021 - 09:29
Video: Reba uko Abayislamu bizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitr
14/05/2021 - 19:45
Cristian Rodriguez yegukanye Tour du Rwanda 2021
10/05/2021 - 00:25
#TdRwanda2021: Restrepo Jhonatan yegukanye agace ka 7
10/05/2021 - 00:15
#TdRwanda2021: Umufaransa Pierre Rolland yegukanye agace ka 6
10/05/2021 - 00:02
Dore abagabo bihebeye gutungwa n’ibyo batavunikiye bakora ubujura
9/05/2021 - 21:48