Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Byinshi wamenya kuri Pasiporo nshya z’ikoranabuhanga
2/06/2021 - 19:12
Barakekwaho ubwambuzi bushukana no kwiyitirira icyo batari cyo
31/05/2021 - 09:17
Abanyeshuri bahize abandi mu kuvuga no kwandika neza Igifaransa bahembwe
31/05/2021 - 08:17
Cecile Kayirebwa n’abandi bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
30/05/2021 - 08:59
Ibyo Macron yavuze birakomeye kurusha gusaba imbabazi - Perezida Kagame
29/05/2021 - 15:11
Perezida Macron ku rwibutso: "Ndemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside"
29/05/2021 - 15:06
Goma - Gisenyi: Umutingito wangije amazu n’imihanda
29/05/2021 - 13:52
Byari bikomeye mu ijoro Nyiragongo yarutsemo: U Rwanda rurimo guhangana n’ingaruka zitoroshye
29/05/2021 - 13:32