Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Yabonye umwenda umubyeyi we yari yambaye mu mibiri yabonetse i Nyamirambo (Video)
2/09/2020 - 11:07
Paul Rusesabagina yafashwe, agezwa mu Rwanda: Dore ibyo ashinjwa
1/09/2020 - 14:00
Menya Burusheti yitwa Umusigati yahogoje Abanyakigali
30/08/2020 - 10:55
Mahama - Nemba: Ibyo utabonye impunzi z’Abarundi zisubira iwabo (Video)
30/08/2020 - 10:39
Ubona iyi mihanda mishya izakemura ikibazo cya ‘embouteillage’ muri Kigali?
23/08/2020 - 15:31
Abakobwa b’impanga Ange na Pamella barakuririmbira ugasesa urumeza
22/08/2020 - 14:22
Icyo mutamenye mu byatumye Jay C afata icyemezo cyo gukora ubukwe
21/08/2020 - 14:37
Byinshi kuri Dr. Nyirinkwaya wihebeye Ububyaza. Abitse amafoto ya buri mwana wavukiye mu bitaro bye
20/08/2020 - 13:29