Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Abaturage bishimiye uko bakiriwe muri gahunda ya ‘Baza MINUBUMWE’
29/10/2022 - 09:50
President Kagame opens the African Philanthropy Forum 2022
24/10/2022 - 21:33
How President Kagame was surprised on his birthday
24/10/2022 - 21:25
Muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Perezida Kagame abwira abayobozi
23/10/2022 - 17:34
Perezida Kagame yongeye gukebura abayobozi
22/10/2022 - 15:07
Umwitozo wo guhangana na Ebola mu gihe yaba igeze mu Rwanda
20/10/2022 - 13:02
Ab’i Kigali bishimiye gukorana siporo na Perezida Kagame
16/10/2022 - 19:36
Indirimbo ‘Inana’ ya Chriss Eazy yarishimiwe cyane muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:51
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.